Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Icyo gihe mu gusubiza, Perezida Cyril Ramaphosa yavuze ko atazi impamvu ubutaka bwa Afurika y'Epfo buba ikibazo cya Trump.
U Rwanda rumaze kwakira abasirikare ba Congo barenga 100: Icyo amategeko avuga ku bakiriwe ...
U Rwanda rwamaganiye kure ibirego bishinja Ingabo z’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo ry’inama idasanzwe yahuje abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y ...
Abasesengura politiki y’akarere, baravuga ko inzira y’ibiganiro aricyo gisubizo gishoboka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Ni mu gihe inama ...
Aba bacanshuro bageze muri RDC nyuma yo guhabwa akazi na Perezida Félix Antoine Tshisekedi kugira ngo bafashe ingabo ...
U Rwanda rumaze kwakira abasirikare ba Congo barenga 100: Icyo amategeko avuga ku bakiriwe ...
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera. Umukuru ...
U Rwanda rumaze kwakira abasirikare ba Congo barenga 100: Icyo amategeko avuga ku bakiriwe ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yashimangiye ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’uwariwe wese warushozaho intambara. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiriye kuri ...